Gakenke: Umusaza w’imyaka 82 yamenye abamukomoho bane kubera ikibazo by’imitungo

Yanditswe ku itariki ya: 23-03-2013 - Saa: 16:24'
Ibitekerezo ( )

Gerard Ugirashebuja ukomoka mu Murenge wa Janja, Akarere ka Gakenke, yamenye abamukomokaho bane ubwo yitabaga itsinda ridasanzwe mu gukemura ikibazo cy’imitungo y’abarokotse Jenoside, kugira ngo atange amakuru ku kibazo cy’isambu, kuri uyu wa Gatanu tariki 22/03/2013.

Bamwe mu bakunzi ba muzika bahamya ko Jay Polly atagaragaye muri PGGSS 3 kubera ikibazo yagiranye n’abanyamakuru...

Yanditswe ku itariki ya: 6-03-2013 - Saa: 15:47'
Ibitekerezo ( 27 )

Nyuma y’uko urutonde rw’abahanzi 11 bazahatanira irushanwa rya PGGSS 3 rugiye ahagaragara Jay Polly ntarubonekeho, benshi mu bafana be n’abakurikiranira hafi ibya muzika nyarwanda bahamya ko ibi byaba byaratewe n’ikibazo uyu muhanzi yagiranye n’abanyamakuru umwaka ushize.

Kristen Bell ukina amafilimi muri Hollywood n’umugabo we bari mu kiruhuko mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 29-04-2012 - Saa: 14:02'
Ibitekerezo ( 2 )

Umugore umenyerewe gukina amafilimi asekeje (Comedie) muri Hollywood n’umugabo we bari gukorera ibiruhuko mu Rwanda, aho banasuye inzu ndangamurage y’u Rwanda iherereye mu karere ka Huye mu ntara y’Amajyepfo.

Abantu bagira umunezero nyawo bageze ku myaka 33

Yanditswe ku itariki ya: 2-04-2012 - Saa: 10:12'
Ibitekerezo ( 5 )

70% by’abantu bafite hejuru y’imyaka 40 bemeza ko bagize ibyishimo nyabyo nyuma yo kugera ku myaka 33; nk’uko ubushakashatsi bwakozwe n’urubuga mpuzambaga rwo mu Bwongereza rwitwa Friends Reunited bubyerekana.

Roma : umupadiri yambuwe uruhushya rwo gutwara imodoka azira inzoga

Yanditswe ku itariki ya: 24-10-2011 - Saa: 18:39'
Ibitekerezo ( )

Amakuru yasohotse kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Ukwakira 2011 mu kinyamakuru Alto Adige cyo mu Butaliyani aravuga ko hari umupadiri wambuwe uruhushya rwo gutwara imodoka ndetse polisi ikanamucumbikira muri gereza ategereje kujyanwa imbere y’urukiko.

Koreya yatanze impozamarira y’amafaranga 3000 FRW gusa ku musirikare

Yanditswe ku itariki ya: 18-10-2011 - Saa: 11:55'
Ibitekerezo ( )

Leta ya Koreya y’amajyepfo yahaye amafaranga y’ama euros 3 afite agaciro k’amafaranga y’amanyarwanda atageze 3000 nk’ impozamarira ku muryango watakaje umusirikare mu ntambara yabaye hagati y’imyaka ya 1950 na 1953.

Atunzwe no kwambutsa abantu ku mugongo we igihe Nyabarongo yuzuye

Yanditswe ku itariki ya: 16-10-2011 - Saa: 13:15'
Ibitekerezo ( 4 )

Robert Muhire uri mu kigero cy’imyaka 20 ashimishwa no kubona umugezi wa Nyabarongo wuzuye kubera imvura, kuko mu gihe abagenzi babuze uko bahanyura, akazi ke kaba gatangiye kuko abashyira ku mugongo akabambutsa.

MURI IRAN UMUPASITERI YANZE KUBA UMUYISILAMU AKATIRWA URWO GUPFA

Yanditswe ku itariki ya: 5-10-2011 - Saa: 15:39'
Ibitekerezo ( 9 )

Pasiteri Youcef Nadarkhani ukomoka mu gihugu cya Iran yakatiwe igihano cy’urupfu n’Urukiko rw’ikirenga rwaho kubera ko yanze kwinjira mu idini ya Isilamu kandi abakurambere be bari baririmo

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile