USA: Abagabo babili bakekwaho kwica umwuzukuru wa Malcom X batawe muri yombi

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 13:16'
Ibitekerezo ( 1 )

Abagabo babili bakora mu kabari mu mujyi wa Mexico baraye batawe muri yombi, bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa rya Malcom Shabazz, umwuzukuru wa Malcom X.

Polonye: Ntibishimiye ko hubatswe ishusho idakomeye ya Papa Yohani Pawulo wa II

Yanditswe ku itariki ya: 25-04-2013 - Saa: 09:47'
Ibitekerezo ( 6 )

Nyuma y’imyaka umunani uwari Papa Yohani Pawulo wa II yitabye Imana, yongeye kuvugwa mu gihugu yavukagamo cya Polonye aho abaturage batishimiye ko ishusho ya rutura yo kumwibuka idakoze mu bikoresho bihanitse nk’uko nawe yabaye igitangaza mu gihugu cye no ku isi yose.

Abifuza kwimukira ku mubumbe wa Mars batangiye kwiyandikisha

Yanditswe ku itariki ya: 24-04-2013 - Saa: 11:26'
Ibitekerezo ( 16 )

Ikigo Mars One cyo mu Budage cyatangiye kwandika abifuza kuzajya gutura ku mubumbe witwa Mars uri mu kirere, bakazaturayo iteka ryose kuko icyogajuru cyizabajyana cyitazagira uwo kigarura ku isi.

Amwe mu mateka yaranze ubushyamirane hagati ya Koreya zombi

Yanditswe ku itariki ya: 23-04-2013 - Saa: 15:40'
Ibitekerezo ( 4 )

Muri iki gihe intambara irimo gututumba hagati ya Koreya ya Ruguru na Koreya y’Epfo. Muri iyi nkuru twasubiye mu mateka agaragaza ko amakimbirane hagati y’ibyo bihugu ari aya cyera.

Perezida Obama aritegura kugenderera Afurika

Yanditswe ku itariki ya: 22-04-2013 - Saa: 15:05'
Ibitekerezo ( 3 )

Ku nshuro ya mbere muri manda ye ya kabiri yatorewe, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, aritegura kugendera umugabane wa Afurika.

Haiti: Abapolisi bari mu butumwa bw’amahoro bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe ku itariki ya: 10-04-2013 - Saa: 09:34'
Ibitekerezo ( )

Kimwe n’Abanyarwanda bose muri rusange, tariki 07/04/2013 Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro muri Haiti bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Ubwongereza: Uwabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere w’umugore yitabye Imana

Yanditswe ku itariki ya: 9-04-2013 - Saa: 09:48'
Ibitekerezo ( )

Umugore wa mbere wabaye Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Margaret Hilda Thatcher, yitabye Imana mu gitondo cya taliki 08/04/2013 afite imyaka 87 azize kuba amaraso adatembera neza ngo agere mu bwonko.

Umugore yatorewe kuyobora umutwe ushinzwe kurinda Perezida wa Amerika

Yanditswe ku itariki ya: 27-03-2013 - Saa: 15:02'
Ibitekerezo ( )

Umunyamerikakazi Julia Pierson wakoreye umutwe ushinzwe kurinda Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (secret service) igihe cy’imyaka 30, ni we watoranyijwe na Perezida Barack Obama kuyobora uwo mutwe Ni ubwa mbere umugore ahawe uwo murimo mu mateka y’Amerika.

Julian Assange arahatanira igihembo cyahariwe uburenganzira bwa muntu

Yanditswe ku itariki ya: 25-03-2013 - Saa: 15:21'
Ibitekerezo ( 1 )

Julian Assange akomeje kuza ku mwanya wa mbere mu bahatanira igihembo cy’abahanaranira uburenganzira bwa muntu, kizatangwa hizihizwa isabukuru y’imyaka 25 y’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile