Congo imaze kwishyura BEDGL miliyoni 14 z’amadolari mu mafaranga yari yaratwaye

Yanditswe ku itariki ya: 10-05-2013 - Saa: 11:09'
Ibitekerezo ( )

Banki y’umuryango wa CEPGL (BEDGL) yari yarafunze kuva 1994 kubera umutekano muke wabaye mu karere ndetse n’amafaranga yari ifite atwarwa n’igihugu cya Congo ariko ubu yongeye gukora kandi ngo iri hafi kugaragaza inyigo igaragaza imikorere yayo mu guteza imbere akarere.

Tanzaniya yamenyesheje M23 ko itayiteye ubwoba

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 11:47'
Ibitekerezo ( 16 )

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Tanzaniya yamenyesheje umutwe wa M23 urwanya Leta ya Kongo Kinshasa ko Tanzaniya idatewe ubwoba na busa n’ubushobozi umutwe wa M23 wivugaho kandi ngo ingabo z’igihugu cye zizarasa M23 ubutayibabarira niramuka idashyize intwaro hasi.

Burundi: hashyizweho ubwirinzi bukomeye mu kwirinda ibitero bya Al- Shabab

Yanditswe ku itariki ya: 27-04-2013 - Saa: 11:36'
Ibitekerezo ( 3 )

Kuva byatangazwa ko abiyahuzi bo mu mutwe wa Al- Shabab bategura kugaba ibitero mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi, inzego z’umutekano muri iki gihugu zatangiye gucunga umutekano mu bice byinshi bitandukanye cyane cyane hibandwa kubinjira mu gihugu n’abagisohokamo.

Muri Kongo haracyari impunzi z’Abanyarwanda zirenga ibihumbi 127

Yanditswe ku itariki ya: 23-04-2013 - Saa: 08:56'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri ushinzwe umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Richard Muyej, yatangaje ko muri Kongo hari umubare munini w’impunzi z’Abanyarwanda kuko habarirwa ibihumbi 127.537 by’impunzi z’Abanyarwanda zitarataha.

M23 yasubiye mu biganiro na Leta ya Congo

Yanditswe ku itariki ya: 6-04-2013 - Saa: 14:57'
Ibitekerezo ( 2 )

Intumwa za M23 zavuye Bunagana zijya mu biganiro i Kampala hamwe na Leta ya Congo, nyuma y’uko umuvugizi wa Leta ya Kinshasa Lambert Mende atangaje ko nta biganiro bafitanye n’inyeshyamba M23 uretse kubasaba gushyira intwaro hasi.

Perezida Francois Bozize yahungiye muri RDC, inyeshyamba zimaze gufata Bangui

Yanditswe ku itariki ya: 24-03-2013 - Saa: 16:21'
Ibitekerezo ( 5 )

Perezida wa Repubulika ya Centre Africa, Francois Bozize, kuri icyi cyumweru tariki 24/03/2013, yahungiye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’uko inyeshyamba zimurwanya zigaruriye Bangui umurwa mukuru w’igihugu.

Komisiyo y’ubutabera n’amahoro ya Kiliziya Gatulika yo mu Rwanda yateye imbere kurusha iza Kongo n’u Burundi

Yanditswe ku itariki ya: 27-02-2013 - Saa: 12:07'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuyobozi ushinzwe ingenamingambi muri Komisiyo y’ubutabera n’amahoro bya diyoseze Gatulika zo mu Rwanda, bwana Samvura Oswalde aravuga ko izo komisiyo zikora neza mu Rwanda ndetse zikaba zifite byinshi zakwigisha izo muri Kongo.

Umubyeyi wa Prezida wa Uganda, Mzee Amos Kaguta yashyinguwe

Yanditswe ku itariki ya: 25-02-2013 - Saa: 18:08'
Ibitekerezo ( )

Abantu batandukanye bitabiriye umuhango wo gushyingura Mzee Amos Kaguta, umubyeyi wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, wabereye i Rwakitura mu Karere ka Kiruhura kuri uyu wa mbere, tariki 25/02/2013.

Minisitiri Mende yagize icyo avuga ku mpunzi z’Abanyecongo bavuga Ikinyarwanda bahungira mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 19-01-2013 - Saa: 11:27'
Ibitekerezo ( 3 )

Minisitiri Lambert Mende yashyize atangaza ko ko umutwe wa Mai Mai Nyatura ukomeje gukura mu byabo Abanyecongo bavuga ikinyarwanda ubangamiye leta ya Congo. Avuga ko Leta ikomeje guhangana nawo.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile