Gatsibo: Intore zamuritse ibyo zagezeho ku rugerero

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 16:59'
Ibitekerezo ( )

Nyuma yo kubona impano zitandukanye zagaragajwe n’intore ziri ku rugerero mu Karere ka Gatsibo, ubuyobozi buratangaza ko iki ari icyiciro gikwiye kwitabwaho hashingiwe ku musanzu w’uru rubyiruko mu iterambere ry’Akarere n’igihugu.

Perezida w’Inteko ya Kenya azitabira “Kwita Izina”

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 15:42'
Ibitekerezo ( )

Perezida w’Inteko Ishinga amategeko ya Kenya mu mutwe wa Sena ategerejwe kugera mu Rwanda tariki 20/06/2013 mu ruzinduko azamaramo iminsi itanu areba iterambere u Rwanda rugezeho mu nzego zinyuranye, akazanitabira imihango yo kwita izina ingagi zo mu birunga tariki 22/06/2013.

Umukuru w’Ingabo z’u Burundi n’abasirikare b’abagore ba Ethiopia barasura u Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 11:53'
Ibitekerezo ( 3 )

Kuri uyu wa mbere tariki 17/06/2013, Igisirikare cy’u Rwanda cyakiriye Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Burundi waje mu ruzinduko rugamije kunoza umubano hagati y’ingabo z’ibihugu byombi. Hanakiriwe kandi abasirikare bakuru ba Ethiopia baje mu Rwanda kwigira kuri bagenzi babo b’abagore.

Abayoboke ba ADEPR mu rurembo rwa Kibungo basabwe kwirinda ibikorwa bibi

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 11:20'
Ibitekerezo ( )

Pasteur Sibomana Jean, umuvugizi w’itorero rya ADEPR mu Rwanda, yasuye abayobozi b’amaparuwasi yose uko ari arindwi agize ururembo rwa Kibungo, mu rwego rwo kuganira ku buzima bw’itorero bushyingiye ku nkingi z’itorero n’ivuga butumwa, imibereho myiza n’iterambere.

Karongi: Rond-Point nini yagezemo amatara

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 11:07'
Ibitekerezo ( )

Rompuwe (rond-point) nini ituruka mu mujyi wa Karongi ikamanuka ikanyura kuri Golf Eden Rock Hotel igakomeza igatunguka ku bitaro bikuru bya Kibuye yinjira mu mujyi yagezamo amatara yo ku muhanda.

Batahutse aruko batwikiweho amazu aho bari batuye mu mashyamba ya Congo

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 10:27'
Ibitekerezo ( )

Abanyarwanda 43 bari barahungiye muri Congo batangazaza ko bafashe ingamba zo gutahuka kubera ubuzima bubi bari barimo mu mashayamba, aho ngo baherutse gutwikirwa amazu bari barimo n’imitwe yitwaje intwaro yo muri Congo cyane cyane Raiya mutomboki.

Nyabihu: Bashimiwe ko bateguye neza imihigo y’umwaka 2013/2014

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 09:06'
Ibitekerezo ( )

Itsinda rya Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) ryashimye uburyo akarere ka Nyabihu kateguye igenamigambi ry’imihigo yako y’umwaka wa 2013/2014 ugereranije n’utundi turere tw’intara y’Uburengerazuba iri tsinda ryanyuzemo.

Ministiri wa Guyana yaje mu Rwanda gusura ICT n’imishinga irengera ibidukikije

Yanditswe ku itariki ya: 18-06-2013 - Saa: 19:43'
Ibitekerezo ( 2 )

Robert M Persaud, Ministiri mu gihugu cya Guyana ushinzwe umutungo kamere n’ibidukikije, ari mu rugendo ruzamara icyumweru mu Rwanda, asura ibikorwa bibeshejeho bamwe mu Banyarwanda kandi bigafasha igihugu kurengera ibidukikije, hamwe n’ibiteza imbere ikoranabuhanga n’itumanaho (ICT).

Umusaza Rutayisire nawe ngo yiteguye kuzakira mu rugo iwe Perezida Kagame

Yanditswe ku itariki ya: 18-06-2013 - Saa: 15:12'
Ibitekerezo ( 11 )

Umusaza Rutayisire Gervais w’imyaka 90 uheretse kwakirwa na Perezida Paul Kagame, aratangaza ko nawe yamwijeje ko azamusura akareba aho aba.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile