Benshi mu banyamakuru n’abahanzi bishimiye insinzi ya Rayon Sports

Yanditswe ku itariki ya: 16-05-2013 - Saa: 14:02'
Ibitekerezo ( 3 )

Benshi mu bahanzi n’abanyamakuru bishimiye insinzi y’ikipe ya Rayon Sport tariki 15/05/2013 ubwo yegukanaga igikombe cya shampiyona nyuma y’imyaka 9 yose itacyegukana.

PGGSS III tangiriye i Rusizi

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 14:06'
Ibitekerezo ( 1 )

Primus Guma Guma Super Star icyiciro cya gatatu (PGGSS III) yatangiriye mu karere ka Rusizi tariki 11/05/2013 ubwo abahanzi 11 bataramiraga imbaga y’abantu bari bateraniye kuri stade y’ako karere.

Singiza Music igiye gutangariza amahanga imbaraga z’Imana mu gitaramo yise “Rise up and praise concert”

Yanditswe ku itariki ya: 6-03-2013 - Saa: 17:24'
Ibitekerezo ( 2 )

Singiza Music iri gutegura igitaramo yise “Rise up and praise concert” gifite intego yo guhishurira amahanga ubugari no gukomera kw’Imana kizabera muri Auditorium ya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda i Huye kuwa gatanu utaha tariki ya 15/03/2013.

Abize muri IFAK baba Iburayi baratumira Abanyarwanda mu gitaramo bise "Shining in Lyon"

Yanditswe ku itariki ya: 6-03-2013 - Saa: 12:52'
Ibitekerezo ( 1 )

Abanyeshuri bize mu kigo cy’amashuri cya IFAK baba ku mugabane w’i Burayi mu mugi wa Lyon mu Bufaransa babifashijwemo n’abandi banyarwanda baba mu mahanga bateguye igitaramo bise "Shining in Lyon" kikaba ari igitaramo kizaba kuri uyu wa gatandatu tariki 09/03/2013 guhera ku isaha ya saa yine z’umugoroba (22 :00-11 :00) nk’uko bigaragara ku butumire Kigali Today ifitiye kopi.

Kwinjira mu gitaramo cyo gufungura FEASPAD kuri uyu wa gatandatu ni ubuntu

Yanditswe ku itariki ya: 23-02-2013 - Saa: 12:31'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi butegura iserukiramuco rya FESPAD, buratangaza ko kwinjira ari ubuntu mu gitaramo cyo gufungura FESPAD y’uyu mwaka kuri uyu wa Gatandatu tariki 23/02/2013.

Nyamata: Abanyeshuri bishimiye ubutumwa bahawe binyuze mu buhanzi bwa Kizito Mihigo

Yanditswe ku itariki ya: 23-02-2013 - Saa: 10:59'
Ibitekerezo ( )

Abanyeshuri biga mu mashuri atandukanye ari mu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera, barishimira inyigisho bahawe zinyuze mu bihangano by’umuhanzi Kizito Mihigo, nyuma y’igitaramo yabakoreye kuri uyu wa Gtanu tariki 22/02/2013.

Rehoboth Ministries yongeye gutegura igitaramo yise “Praise and worship Explosion”

Yanditswe ku itariki ya: 22-02-2013 - Saa: 10:40'
Ibitekerezo ( )

Ku nshuro ya kabiri, Rehoboth Ministries yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza yise “Praise and worship Explosion”, icyo gitaramo kizaba kuri iki cyumweru, tariki 24/02/2013, muc yumba (salle) cya Sportsview Hotel kuva ku isaha ya saa cyenda z’amanywa kugeza saa mbiri z’ijoro.

Biravugwa ko Nyampinga 2012 wa Kaminuza Nkuru y’u Rwanda yaba atwite

Yanditswe ku itariki ya: 18-02-2013 - Saa: 16:21'
Ibitekerezo ( 29 )

Hirya no hino mu bitangazamakuru no mu bantu banyuranye haravugwa inkuru y’uko Nyampinga wa Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, Isimbi Deborah Abiellah, umukobwa w’umuvugabutumwa (Pastor) Rutayisire Antoine yaba atwite.

Lolilo yishimiye uko yakiriwe i Nyamagabe

Yanditswe ku itariki ya: 16-02-2013 - Saa: 15:29'
Ibitekerezo ( )

Umuhanzi Nzeyimana Nassor umenyerewe ku izina rya Lolilo ukomoka mu gihugu cy’Uburundi avuga ko yishimiye uko yakiriwe mu karere ka Nyamagabe ubwo yahazaga kuririmbira abakundana ku munsi wa St. Valentin.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile