Ubuhinzi Andi makuru »

Kamonyi: Ntibagisekura umuceri mu isekuru kuko babonye uruganda ruwutonora

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’igihe kirekire abahinga umuceri mu gishanga cy’Umukunguri, barya umuceri basekuye mu isekuru, kuri ubu hashize amezi abiri babonye uruganda ruwubatonorera, bakaba bishimiye ko batagitanga amafaranga yo kuwutonoza cyangwa ngo bawusekure.

Mu Rwanda habonetse ubutaka bweraho igihingwa cya pome nko hanze

Yanditswe ku itariki ya: 16-05-2013 - Saa: 15:28'
Ibitekerezo ( 1 )

Umwe mu bahinzi borozi bo mu ntara y’Amajyaruguru mu karere ka Rulindo witwa Ruzibiza Jean Claude aratangaza ko mu Rwanda bishoboka ko hahingwa igihingwa cya pome kuko nawe yatangiye kugihinga.

Ngoma: Barasaba abashinzwe ubuhinzi kujya bagenzura neza abafashe isoko ryo gukora amaterasi

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 14:01'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’uko bigaragaye ko mu mirenge imwe n’imwe yo mu karere ka Ngoma amaterasi yaho yakozwe nabi kuko nta musaruro yabahaga, abaturage basabye akarere kuzagenzura neza uzafata isoko ryo kuyubaka kugirango batazongera kononerwa ubutaka.

Ubworozi Andi makuru »

Indwara y’uburenge yatumye imirenge itatu yo muri Nyabihu na Rubavu ishyirwa mu kato

Yanditswe ku itariki ya: 8-05-2013 - Saa: 11:42'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’aho mu murenge wa Mulinga mu karere ka Nyabihu, na Cyanzarwe na Busasamana mu karere ka Rubavu hagaragariye indwara y’uburenge ku nka, iyi mirenge yashyizwe mu kato.

Mu Rwanda nta virusi nshya y’ibiguruka irahagera, ariko aborozi barasabwa gukomeza kuyirinda

Yanditswe ku itariki ya: 22-04-2013 - Saa: 11:21'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’uko mu gihugu cy’Ubushinwa hagaragariye indi virusi nshya H7N9 y’ibicurane by’ibiguruka, ikigo gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) cyamaze impungenge aborozi b’ibiguruka mu Rwanda bari batangiye gukeka ko iyo virusi yageze muri Uganda, aho bakura ibyangombwa bijyane n’ubworozi bwabo.

Gicumbi: Ibagiro ry’amatungo rizatahwa mu minsi mike

Yanditswe ku itariki ya: 17-04-2013 - Saa: 16:45'
Ibitekerezo ( )

Akarere ka Gicumbi kujuje inzu y’ibagiro ndetse ikazajya ivurirwamo amatungo yose. Iyi nzu yubatswe nyuma yuko iyari isanzweho yanenzwe kuba nto, kugira umwanda ndetse no kutuzuza ibyangombwa bisabwa ibagiro ry’amatungo.

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile