France: Umukinnyi wa filimi yareze abatangaje ibihuha ko acuditse na François Hollande

Yanditswe ku itariki ya: 29-03-2013 - Saa: 10:00'
Ibitekerezo ( )

Umugore ukina filimi wo mu gihugu cy’Ubufaransa, witwa Julie Gayet, yatanze ikirego mu rukiro rw’i Paris muri icyo gihugu, asaba ko bakurikirana abantu bashyize kuri interineti inkuru y’ibihuha ivuga ko yaba afitanye ubucuti na Perezida w’Ubufaransa, François Hollande.

Bobby Brown yafunzwe amasaha icyenda azira gutwara imodoka nta ruhushya kandi yasinze

Yanditswe ku itariki ya: 22-03-2013 - Saa: 10:51'
Ibitekerezo ( )

Umuririmbyi w’Umunyamerika Bobby Brown (wahoze ari umugabo wa nyakwigendera Whitney Houston) yafunzwe amasaha icyenda kubera ubusinzi no gutwara imodoka nta ruhushya abifitiye.

Justin Timberlake na Jay-Z bazakorana ibitaramo mu mijyi 12 hagati ya Nyakanga na Kanama

Yanditswe ku itariki ya: 25-02-2013 - Saa: 13:52'
Ibitekerezo ( )

Jay-Z na Timberlake bazakorana ibitaramo bise The Summer Stadium Tour bizaba hagati ya tariki 17/07-16/08/2013 mu mijyi ya Toronto, New York, Chicago, San Francisco, Los Angeles, Vancouver, Detroit, Baltimore, Boston, Philadelphia, Miami na Hershey.

Nigeria: Umuririmbyi Goldie Harvey wagaragaye muri Big Bother Africa yapfuye

Yanditswe ku itariki ya: 15-02-2013 - Saa: 11:36'
Ibitekerezo ( )

Goldie Harvey, umuririmbyikazi wo muri Nigeria, wamenyekanye cyane muri Afurika kubera kugaragara muri Big Brother Africa nk’umwe buhataniraga iryo rushanwa, yitabye Imana.

DMX yatawe muri yombi azira gutwara imodoka nta cyangombwa kibimwemerera afite

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 17:45'
Ibitekerezo ( )

Umuraperi DMX, wo muri Amerika, yatawe muri yombi na Polisi yo mu mujyi wa Charlotte, muri Leta ya South Carolina, muri Amerika, tariki 13/02/2013, nyuma yo gufatwa atwaye imodoka nta cyangombwa kimwemerera gutwara imodoka afite.

Peter Okoye wo muri P-Square n’umukunzi we bibarutse umwana w’umukobwa

Yanditswe ku itariki ya: 25-01-2013 - Saa: 12:33'
Ibitekerezo ( )

Umuririmbyi Peter Okoye wo mu itsinda P-Square, n’umukunzi we Lola Omotayo, bibarutse umwana w’umukobwa. Lola yabyariye uwo mwana mu bitaro byo mu mujyi wa San Francisco muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika tariki 22/01/2013.

Ngo amakuru avuga ko umuririmbyi Shaggy yapfuye ni ibinyoma

Yanditswe ku itariki ya: 24-01-2013 - Saa: 11:15'
Ibitekerezo ( )

Amakuru yari yatangiye gusakara kuri interineti avuga ko umuririmbyi Shaggy wo muri Jamaica yitabye Imana ngo ni ibinyoma byambaye ubusa ngo kuko uwo murimbyi ni muzima, akaba akomeje iby’ubuhanzi bwe.

Destiny’s Child igiye gusubirana nyuma y’imyaka umunani yaratandukanye

Yanditswe ku itariki ya: 13-01-2013 - Saa: 17:00'
Ibitekerezo ( )

Beyonce, umuririmbyikazi wo muri Amerika, yatangaje ko itsinda Destiny’s Child, yaririmbye mo, ryongeye gusubirana nyuma y’imyaka umunani abari barigize batandukanye. Destiny’s Child igizwe n’abakorwa batatu bo muri Amerika: Beyoncé Knowless, Kelly Rowland, na Michelle Williams.

Kim Kardashian and Kanye West baritegura umwana

Yanditswe ku itariki ya: 31-12-2012 - Saa: 12:27'
Ibitekerezo ( )

Kim Kardashian na Kanye West baritegura umwana wabo wa mbere nyuma y’amezi agera ku munani bakundana.

Pages 1 | 2 | 3
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile