Broad Mind Creation igiye guteza imbere umuco nyarwanda ibinyujije mu marushanwa y’umuco

Yanditswe ku itariki ya: 22-05-2013 - Saa: 10:59'
Ibitekerezo ( )

Sosiyete yitwa Broad Mind Creation igiye guteza imbere umuco Nyarwanda ibinyujije mu marushanwa y’umuco azajya yitabirwa n’Abanyarwanda bari mu byiciro binyuranye bazi ibijyanye n’umuco, mu rwego rwo kongera kuwubyutsa kuko wasaga n’utangiye kwibagirana.

Umunsi Mpuzamahanga w’Ingoro z’Umurage urizihirizwa i Rwesero mu karere ka Nyanza

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 11:54'
Ibitekerezo ( )

Ku rwego rw’igihugu umunsi mpuzamahanga wahariwe Ingoro z’Umurage urizihizwa kuri uyu wa 17/05/2013 ku Rwesero ahubatswe ingoro y’ubuhanzi n’ubugeni mu karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo.

Kwambara impeta ku bashakanye bigenda bita gaciro

Yanditswe ku itariki ya: 7-05-2013 - Saa: 10:19'
Ibitekerezo ( 6 )

Mu madini n’amatorero atandukanye, abashyingiranywe bambikana impeta nk’ikimenyetso cy’urukundo n’ubudahemuka baba basezeranye. Kuri ubu hari abashakanye batakizikoza, bakaba bavuga icyangombwa ari ukuzirikana isezerano.

Bamwe mu Banyarwanda basanga inkwano yarataye agaciro yari ifite mu muco

Yanditswe ku itariki ya: 23-04-2013 - Saa: 09:58'
Ibitekerezo ( 2 )

Mu muco nyarwanda, inkwano (ubundi yari inka) yafatwaga nk’ikimenyetso cy’ishimwe umusore yaganeraga ababyeyi b’umugeni agiye kurongora ko bareze bamurene neza ariko kuri ubu hari bamwe basanga inkwano itagifite icyo gisobanuro ahubwo ngo yafashe isura y’ikiguzi.

Impamvu eshanu zatuma umukobwa ahera ku ishyiga

Yanditswe ku itariki ya: 27-03-2013 - Saa: 14:03'
Ibitekerezo ( 15 )

Muri iki gihe hari imvugo igira iti “Abagabo barabuze”. Ibi biterwa n’uko hari abakobwa bageza igihe cyo gushinga ingo ariko ugasanga babuze abasore babakura iwabo. Ese ni uko abasore batagishaka kurongora cyangwa n’abakobwa babigiramo uruhare?

Ijambo “Ndagukunda” waribwira umuhungu/umukobwa mumaranye igihe kingana iki?

Yanditswe ku itariki ya: 22-03-2013 - Saa: 12:22'
Ibitekerezo ( 12 )

Ijambo“Ndagukunda” hagati y’umuhungu n’umukobwa si ijambo rikunda kuza vuba ubusanzwe kuko urukundo ruzira uburyarya ari ikintu kigoye, gikomeye kandi kidahita gihutiraho.

Umwenegihugu wibagiwe umuco we ntaba akiri umwenegihugu – Shami

Yanditswe ku itariki ya: 15-03-2013 - Saa: 09:03'
Ibitekerezo ( 2 )

Perezida w’abanyamakuru baharanira guteza imbere ururimi n’umuco, Rukizangabo Shami Aloys, aravuga ko iyo umwenegihugu yataye umuco we ndetse n’ururimi rwe nkana, aba atakiri umwenegihugu.

Minisiteri y’umuco isanga Abanyarwanda bajyenda bata umuco n’ururimi gakondo

Yanditswe ku itariki ya: 14-03-2013 - Saa: 18:04'
Ibitekerezo ( 1 )

Abakozi ba Minisiteri ifite mu nshingano zayo umuco ndetse n’ab’inteko nyarwanda y’ururimi n’umuco (RALC) baratangaza ko basanze umuco n’ururimi rw’ikinyarwanda biri kugenda bitakara buhoro buhoro.

Nyuma y’Igiswayire, Ikinyarwanda na cyo cyageze mu Nkoranya ya KAMUSI GOLD

Yanditswe ku itariki ya: 22-02-2013 - Saa: 10:28'
Ibitekerezo ( )

Ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Indimi Kavukire, tariki 21/02/2013, Umushinga Kamusi (Kamusi Project) wamuritse ikoranya y’ikinyarwanda ishamikiye ku mushinga “Global Online Living Dictionary (KAMUSI GOLD)” ihuriza hamwe inkoranyamagambo z’indimi zigera kuri 20.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile