Nyabihu: Urubyiruko rusanga hari ibyo mu muco wa kera bikwiye kubungabungwa

Yanditswe ku itariki ya: 3-09-2012 - Saa: 15:24'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’igitaramo cyakozwe n’urubyiruko rwiga mu mashuri yisumbuye mu karere ka Nyabihu kiswe “bye bye vacances”, urubyiruko rwasanze hari ibyo mu muco wa kera bigomba gusegasirwa ndetse n’ibyo mu muco w’ubu bigomba gukosorwa bigafasha guteza imbere umuco nyarwanda.

“Bikojeje isoni kurushwa n’umunyamahanga kumenya ibyiza by’iwanyu”- AERG IMANZI

Yanditswe ku itariki ya: 13-08-2012 - Saa: 09:43'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuryango w’abanyeshuli barokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 biga mu ishuli rikuru rya INILAK, ishami rya Nyanza (AERG IMANZI) bavuga ko bikojeje isoni kurushwa n’umunyamahanga kumenya ibyiza byo mu gihugu cyawe cyane cyane mu birebana n’amateka n’umuco bikiranga.

U Rwanda rwizihije umunsi mpuzamahanga w’ingoro z’umurage

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2012 - Saa: 17:39'
Ibitekerezo ( )

U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu ku isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ingoro z’umurage uba buri tariki 18 Gicurasi. Ku rwego rw’igihugu uwo muhango wizihirijwe i Rwesero ahubatswe ingoro y’ubuhanzi n’ubugeni mu karere ka Nyanza.

Ngororero: Bamwe mu baturage ntibishimye ugutemwa kw’igiti cy’Ishaba

Yanditswe ku itariki ya: 26-03-2012 - Saa: 18:29'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Rususa, umurenge wa Ngororeo mu karere ka Ngororero bababajwe n’itemwa ry’igiti bise “igiti cy’ishaba” bavuga ko cyari kuzaba igiti cy’amateka.

U Rwanda rugiye kubaka inzibutso za Jenosiside eshatu muri Uganda

Yanditswe ku itariki ya: 25-01-2012 - Saa: 11:51'
Ibitekerezo ( )

Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG) yatangaje ko u Rwanda ruteganya kubaka inzibutso za Jenoside yakorewe abatutsi ahitwa Ggolo, Kanseselo na Lambu muri Uganda, aharuhukiye imibiri y’abantu igera ku bihumbi 10 ivuye mu Rwanda.

Urubyiruko rw’u Rwanda ku isonga ryo kubaka amahoro

Yanditswe ku itariki ya: 4-10-2011 - Saa: 14:43'
Ibitekerezo ( 1 )

U Rwanda ni igihugu cyabaye mu ntambara, amacakubiri, ubwicanyi bwa hato na hato, nta mutekano, nta mahoro. Ibi bikaza gufata indi ntera muri genocide yakorewe abatutsi aho imbaraga z’urubyiruko zakoreshwaga mu gusenya igihugu no kwica abagituye aho gukora ngo rugiteze imbere, ariko ubu si ko biri.

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile