Yanditswe ku itariki ya: 1-04-2013 - Saa: 16:30'
Ibitekerezo
(
3
)
Tariki 02/04/2013, Urukiko rukuru ruzafata umwanzuro ku rubanza rwa Dr Leon Mugesera, ku birebana n’icyifuzo cy’ubushinjacyaha bwasabye ko habanza gusuzumwa ikimenyetso bwatanze niba gifite ubusembwa cyangwa se ari kizima.
|