Nyamagabe: Akarere kujuje icyumba cy’inama cyizakoresha ikoranabuhanga

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 16:16'
Ibitekerezo ( )

Akarere ka Nyamagabe kujuje inzu mberabyombi izajya yifashishwa mu gukorana inama n’abantu bari ahantu hatandukanye hifashishijwe ikoranabuhanga (video conference) ndetse n’inama zisanzwe, kubaka iyi nzu bikaba ari umwe mu mihigo akarere kari karahize mu mwaka wa 2012-2013.

U Rwanda rwongeye kwegukana igihembo mpuzamahanga mu ikoranabuhanga

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 09:38'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’uko u Rwanda rwegukanye igihembo mpuzamahanga mu itunganyamakuru rigezweho hakoreshejwe amajwi n’amashusho, kuri ubu u Rwanda rwahawe ikindi gihembo kubera uruhare rw’indashyikirwa rwagize mu kwihutisha kugeza ku Banyarwanda serivisi z’ikoranabuhanga rigamije kubateza imbere.

Ikigo Terrafugia kigiye gusohora imodoka ifite ubushobozi bwo kuguruka nk’indege

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 09:29'
Ibitekerezo ( 1 )

Ikigo Terrafugia cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika kirateganya gushyira ku isoko imodoka yitwa Terrafugia TF-X izaba inafite ubushobozi bwo kuguruka mu kirere nk’indege ikanagaruka ku butaka nta kibazo igize.

Abasora bahawe igihe ntarengwa cyo kwinjira muri e-filing na e-payment

Yanditswe ku itariki ya: 24-04-2013 - Saa: 12:05'
Ibitekerezo ( 6 )

Ikigo cy’imisoro n’Amahoro (RRA) kiraburira abasora bose ko igihe bahawe cyo kwitabira gukoresha ikoranabuhanga mu kumenyekanisha no kwishyura imisoro (e-filing na e-payment) kiri gukendera bakaba basabwa kuryiyandikishamo vuba.

Hagiye kubakwa ikigo cyo guteza imbere ICT kizatwara amadolari miliyoni 5,6

Yanditswe ku itariki ya: 17-04-2013 - Saa: 17:27'
Ibitekerezo ( 3 )

U Rwanda rugiye kubona ikigo cy’ikitegererezo mu guteza imbere udushya mu ikoranabuhanga n’itumanaho (ICT), nyuma yo gusinyana amasezerano y’inkunga ya miliyoni 5,6 z’amadorali ya Amerika n’Ikigo cya Koreya gishinzwe imibanire (KOICA), kuri uyu wa Gatatu tariki 17/04/2013.

Ruhango: Arifuza kugeza umuriro ku baturage basaga 400 abikesheje umugezi wa Nkuyu

Yanditswe ku itariki ya: 1-04-2013 - Saa: 11:36'
Ibitekerezo ( 9 )

Niyonsaba Emmanuel ni umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 atuye mu kagari ka Rubona umurenge wa Bweramana, amaze kubyaza umuriro w’amashanyarazi mu mugezi wa Nkuyu akaba yifuza nibura ko uzagera ku baturage 400.

IPRC-Kicukiro yegukanye irushanwa ryo gukoresha amarobo (robots)

Yanditswe ku itariki ya: 29-03-2013 - Saa: 11:41'
Ibitekerezo ( 4 )

Abanyeshuri baturutse mu Ishuri rikuru ryigisha imyuga n’Ubumenyi ngiro rya IPRC-Kicukiro niyo bahize abandi banyeshuri biga mu bigo by’amashuri makuru na za Kaminuza zigisha imyuga n’ikoranabuhanga mu kugaragara ubuhanga mu gukoresha amarobo (programming).

Gisagara: Hatangijwe gahunda ya Tunga TV ku rwego rw’igihugu

Yanditswe ku itariki ya: 21-03-2013 - Saa: 15:51'
Ibitekerezo ( 1 )

Kuwa gatatu tariki 20/03/2012 hatangijwe gahunda ya Tunga TV igamije gushishikariza Abanyarwanda gutunga televiziyo mu rwego rwo kongera ubumenyi binyuze mu ikoranabuhanga n’itangazamakuru.

Gahunda ya television mu tugari izafasha abaturage kugera ku iterambere

Yanditswe ku itariki ya: 20-02-2013 - Saa: 12:17'
Ibitekerezo ( )

Gahunda ya Television ku tugari ni imwe muri gahunda zatekerejweho kugira ngo zizafashe abaturage kugera ku iterambere rirambye binyuze mu kumenya ibibakorerwa banabireba. Bamwe mu baturage barayishimiye kandi bumva izabageza kuri byinshi mu iterambere.

Pages 1 | 2 | 3 | 4
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile