RDB yatangiye ubukangurambaga ku mutekano muke uterwa n’ikoranabuhanga

Yanditswe ku itariki ya: 29-04-2013 - Saa: 17:09'
Ibitekerezo ( 2 )

Abahagarariye ibigo bitandukanye mu Rwanda bavuze ko batewe impungenge n’ikonabuhanga, ku buryo ngo uko rizana iterambere mu mibereho ya muntu, ari nako riteza ibibazo birimo kwibwa, kumenyekana kw’amabanga n’umutekano muke, nk’uko bagaragarije ikigo gishinzwe iterambere (RDB).

Twitter na Facebook zadufasha kwerekana ukuri ku bivugwa k’u Rwanda - Guverineri Bosenibamwe

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 17:15'
Ibitekerezo ( )

Ubwo yatangaga ikiganiro mu ishuri rya ISAE Busogo mu cyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Guverineri Bosenibamwe Aime uyobora intara y’amajyaruguru yasabye abanyeshuri kuba abambasaderi beza b’ibyo u Rwanda rumaze kugeraho cyane cyane bifashishije ikoranabuhanga rigezweho muri iki gihe.

Abareba films z’urukozasoni biyimbire kuko bugarijwe n’ibyago

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 13:48'
Ibitekerezo ( 3 )

Ubushakashatsi bwakozwe na Google buremeza ko ngo abareba filimi z’urukozasoni kuri interineti bafite ibyago byinshi byo kwangiza mudasobwa zabo n’ibyo bazikoreraho bindi kuko ngo hari abagizi ba nabi benshi bahitamo gusakaza ibyangiza mudasobwa uko umuntu afunguye filimi y’urukozasoni.

Muhanga: Abakozi b’aka karere barasabwa kugaragaza ibyo bakora bakoresheje imbuga nkoranyambaga

Yanditswe ku itariki ya: 8-04-2013 - Saa: 13:28'
Ibitekerezo ( )

Ubwo yagiranaga inama n’abakozi b’akarere ndetse n’izindi nzego zitandukanye, umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Yvonne Mutakwasuku, yabasabye ko bajya bakoresha imbuga nkoranyambaga cyane, mu rwego rwo kugaragaza isura nyayo by’umwihariko w’aho bakorera.

ICT izakoreshwa mu kwihutisha imikoranire myiza hagati y’inzego za Leta

Yanditswe ku itariki ya: 2-04-2013 - Saa: 08:59'
Ibitekerezo ( 4 )

Ikoranabuhanga mu itumanaho (ICT) biri muri gahunda z’ibanze Guverinoma y’u Rwanda ibonamo igisubizo mu gukemura bimwe mu bibazo bikunda kugaragara mu mikoranire y’inzego za Leta.

Burera: Abayobozi mu rugamba rwo kugeza interineti muri za SACCO

Yanditswe ku itariki ya: 28-03-2013 - Saa: 10:36'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko buri gukora ibishoboka kugira ngo za SACCO zose zo muri ako karere zibashe kugezwaho ikorababuhanga rya interineti mu rwego rwo kongera umutekano w’amafaranga abitse muri ibyo bigo by’imari.

Afurika y’Uburasirazuba irahangana n’inzitizi z’iterambere mu ikoranabuhanga

Yanditswe ku itariki ya: 14-03-2013 - Saa: 16:23'
Ibitekerezo ( )

Ibihugu bigize umuryango w’itumanaho mu karere ka Afrika y’Uburasirazuba (EACO) birakoza imitwe y’intoki ku iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga, nubwo hakiri ibibazo bikomeye muri urwo rwego.

Internet ya mbere ku isi mu kwihuta ya 4G iratangira gukora mu Rwanda umwaka utaha

Yanditswe ku itariki ya: 9-03-2013 - Saa: 08:18'
Ibitekerezo ( )

Bigenze neza mu ntangiriro z’umwaka utaha wa 2014, mu Rwanda haratangira gukoreshwa uburyo buri ku isonga mu kwihutisha itumanaho rya internet bwa 4G LTE mu iki gihe, nyuma y’aho Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) gisinyanye amasezerano na kompanyi y’itumana yo muri Koreya (KT) izazana ubwo buryo.

e-mboni izafasha Leta kuzigama amafaranga menshi yahomberaga mu gukoresha impapuro

Yanditswe ku itariki ya: 5-03-2013 - Saa: 09:29'
Ibitekerezo ( )

Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda yiswe e-mboni ikomeye mu ikoranabuhanga, izafasha kwakira inyandiko ikazibika ndetse ikanazoherereza abantu batandukanye nta mpapuro zikoreshejwe.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile