Yategereje ko amera amenyo araheba none yujuje imyaka 32 y’amavuko

Yanditswe ku itariki ya: 2-05-2013 - Saa: 16:16'
Ibitekerezo ( 8 )

Musabyimana Sylvestre bakunze kwita “Magori” utuye mu kagari ka Gisiza mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro afite imyaka 32 y’amavuko ariko nta menyo yigeze amera.

Uburyo turyamamo ngo bufite icyo busobanura ku myitwarire yacu

Yanditswe ku itariki ya: 2-05-2013 - Saa: 15:47'
Ibitekerezo ( 2 )

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru The Daily buvuga ko imiryamire ya muntu ifite byinshi isobanura ku myitwarire ye iyo abyutse. Abantu bakunda kuryama bagaramye ngo babyuka mu gitondo bameze neza nta mavunane kandi bafite amerwe yo gutangira umunsi mushya.

Kuba Mugisha atabona ngo ntibimubuza kugirira akamaro igihugu cye

Yanditswe ku itariki ya: 25-04-2013 - Saa: 15:26'
Ibitekerezo ( 3 )

Umusore witwa Mugisha Jacques ufite ubumuga bwo kutabona aratangaza ko nubwo afite ubu bumuga bitamubuza kujya mbere no kugirira akamaro igihugu cye.

Ubwanwa ngo burinda indwara ku babufite

Yanditswe ku itariki ya: 22-04-2013 - Saa: 17:35'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara mukinyamakuru kitwa Mother Nature Network, buvuga ko ubwanwa burinda ba nyirabwo ibyago byo kurwara indwara ziterwa n’imirasire y’izuba kukigereranyo kiri hagati ya 90 na 95%.

Rubavu: Umukobwa w’imyaka 23 yabyaye abana batatu abura ubushobozi bwo kubarera

Yanditswe ku itariki ya: 22-04-2013 - Saa: 15:59'
Ibitekerezo ( 3 )

Niragire Angelique w’imyaka 23 wo mu murenge wa Gisenyi, akarere ka Rubavu wabyaye abana batatu taliki 23/03/2013 yavuye mu bitaro afite impungenge zo gushobora kurera abana yibarutse kuko nta bushobozi.

Karongi: Umubyeyi yibarutse batatu

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 12:40'
Ibitekerezo ( 1 )

Mu kagari ka Shyembe, umurenge wa Murambi mu karere ka Karongi, umubyeyi yibarutse abana batatu b’abakobwa ku bitaro bya Kirinda tariki 13/04/2013. Umwe afite ibiro bibili, undi ikiro kimwe n’igice, uwa nyuma amagarama 700.

Nkombo: Uburobyi bukomeje kuba imbogamizi mu kuringaniza urubyaro

Yanditswe ku itariki ya: 30-03-2013 - Saa: 09:03'
Ibitekerezo ( )

Kuba 80% by’abatuye Umurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi batunzwe n’uburobyi mu kiyaga cya Kivu ngo bigira ingaruka ku kuboneza urubyaro kuko igihe kinini aba bakora uburobyi bibera mu mazi bityo ubukangurambaga bukorwa kuri iyi gahunda bukaba butabageraho.

Bugesera: Centre Isange yagize uruhare mu guca imirire mibi ku bana

Yanditswe ku itariki ya: 28-03-2013 - Saa: 17:49'
Ibitekerezo ( )

Ku bufatanye n’akarere ka Bugesera, Umuryango Hope and Homes for Children (HHC) wubatse ibigo bitandukanye muri ako karere hagamijwe kwita ku burenganzira bw’umwana n’imibereho myiza y’umuryango.

Rusizi: Abagabo barasabwa kwitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bya burundu

Yanditswe ku itariki ya: 27-03-2013 - Saa: 17:57'
Ibitekerezo ( )

Abaganga n’abaforumu bo mu bitaro bya Bushenge, Mibirizi na Kibogora bari guhugurwa ku buryo bugezweho bwo kuboneza urubyaro bwa burundu basanga abagabo bakwiye kwitabira ubu buryo kuko bwunganira ubwari busanzwe ku bagore.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile