Rusizi: Ubushakashatsi kubitera impfu z’abana n’ababyeyi buratanga icyizere cyo kuzikumira

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 15:50'
Ibitekerezo ( )

Abaganga n’abaforomo bakora mub itaro bikuru no mu bigo nderabuzima byo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko ipfu z’abana n’ababyeyi ziterwa n’uburangare ndetse na serivisi z’ubuvuzi zitegereye abaturage cyane cyane mu masaha ya ninjoro aho aho umurwayi aremba nta bone uko agera kwa muganga.

Yoherejwe muri Kenya kuko mu Rwanda nta mashuri yigisha abatabona yari ahari

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 10:41'
Ibitekerezo ( )

Donatila Kanimba, ni Umunyarwandakazi w’imyaka 53 utabona, akaba anakurikiye ubumwe nyarwanda bw’abatabona ndetse, akaba ari nawe wagize igitekerezo cyo gushinga ubu bumwe mu 1994.

Ngororero: Urugaga rw’ababana n’ubwandu bwa virusi itera SIDA mu nzira yo kwikemurira ibibazo

Yanditswe ku itariki ya: 10-05-2013 - Saa: 17:21'
Ibitekerezo ( 1 )

Abanyamuryango bibumbiye mu rugaga rw’ababana n’ubwandu bwa Virusi itera SIDA bo mu karere ka Ngororero baratangaza ko bahagurukiye gushaka umuti w’ibibazo bahura nabyo aho gutekereza impano n’inkunga biturutse ahandi.

Ruhango: Bamaze imyaka 8 bahangayikishijwe n’ikibazo cy’umwanda

Yanditswe ku itariki ya: 30-04-2013 - Saa: 12:16'
Ibitekerezo ( 3 )

Ku nshuro ya kabiri abaturage baturanye n’ishuri ryisumbuye rya Lycee de Ruhango na EMERU Intwari, bongeye kugaragaza ko bafite ikibazo cy’umwanda baterwa n’iri shuri.

Bugarama: Abaturage barakangurirwa kwirinda korera yadutse muri Congo

Yanditswe ku itariki ya: 19-04-2013 - Saa: 15:27'
Ibitekerezo ( 1 )

Abaturage bo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi cyane cyane abaturiye umupaka wa Kamanyura uhana imbibe n’uwo murenge barakangurirwa kugira isuku n’isukura mu rwego rwo gukumira icyorezo cy’indwara ya korera yagaragaye mu gihugu cy’abaturanyi cya Congo.

Gakenke: Abantu 14 bahuye n’ihungabana mu gihe cyo kwibuka

Yanditswe ku itariki ya: 9-04-2013 - Saa: 12:42'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubwo abantu bavuye mu mpande zose z’igihugu bahuriraga ku Rwibutso rwa Buranga, Umurenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke baje gushyingura imibiri y’abazize Jenoside, abantu 14 bagize ikibazo cy’ihungabana, kuri uyu wa mbere tariki 08/04/2013.

Kuzana uruhara ku bagabo ngo byaba bifitanye isano n’indwara y’umutima

Yanditswe ku itariki ya: 5-04-2013 - Saa: 09:58'
Ibitekerezo ( )

Abagabo batakaza umusatsi wabo (kumera uruhara hejuru ku mutwe), ngo baba bafite ibyago byo kurwara umutima kurusha abagabo badafite uruhara nk’uko bitangazwa n’ubushakashatsi buherutse gukorwa na kaminuza ya Tokyo mu Buyapani.

Gicumbi: Kandagirukarabe yagabanyije indwara zituruka ku mwanda

Yanditswe ku itariki ya: 3-04-2013 - Saa: 12:43'
Ibitekerezo ( 1 )

Uburyo bworoshye bwo kwirinda umwanda bwiswe “Kandagirukarabe” yagabanyije umwanda mu baturage bo mu karere ka Gicumbi. Icyo gikoresho giterekwa imbere y’ubwiherero ndetse n’imbere ya za resitora ugiye kwinjiramo wese akabanza gukaraba akoresheje amazi n’isabune.

Kiyanzi: Hasojwe campagne yo kwirinda indwara y’igituntu mu mashuri

Yanditswe ku itariki ya: 30-03-2013 - Saa: 09:57'
Ibitekerezo ( )

Ku rwunge rw’amashuri rwa Kiyanzi mu murenge wa Nyamugari mu karere ka Kirehe hasorejwe ubukangurambaga bwo gukangurira abana biga mu bigo by’amashuri kwirinda no gusobanukirwa n’indwara y’igituntu.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile