Imirwano yongeye kubura hagati ya Leta ya Kongo n’umutwe wa M23

Yanditswe ku itariki ya: 20-05-2013 - Saa: 14:55'
Ibitekerezo ( 6 )

Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki 20/05/2013 imirwano yongeye kubura mu burasizuba rwa Kongo aho ingabo za Leta ya Kongo-Kinshasa zifatanyije n’abarwanyi ba FDLR bagabye igitero ku ngabo za M23.

FDLR irishyuza Leta ya Congo amadolari 150 000

Yanditswe ku itariki ya: 16-05-2013 - Saa: 12:06'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubuyobozi bwa FDLR bwamaze kumenyesha Leta ya Congo ko igomba kuyishyura umwenda w’amadolari ibihumbi 150 (miliyoni 96 z’amanyarwanda) mu rwego rwo kuzuza amasezerano Leta ya Congo ifitanye na FDLR.

Masisi : Intambara yadutse hagatiya ya Nyatura na FDDH

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 16:35'
Ibitekerezo ( )

Kuva taliki 12/05/2013 muri Kivu y’amajyaruguru mu gace ka Masisi hongeye kwaduka intambara hagati y’imitwe yitwaza intwaro irimo Nyatura na FDDH umutwe uvuga ko uharanira uburenganzira bwa muntu ; intambara imaze gukura mu byabo abantu bagera ku 4000.

Umutwe wa M23 ngo witeguye guhangana n’ingabo za Tanzaniya

Yanditswe ku itariki ya: 13-05-2013 - Saa: 13:13'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’uko ingabo za Tanzaniya zisaga 1200 zerekeje mu Burasizuba bwa Kongo mu cyumweru gishije, Umutwe wa M23 uvuga ko witeguye kurwana na bo kuko batandukanye n’ingabo za Id Amin bigeze gutsindwa n’abasirikare ba Tanzaniya.

Ingabo za Tanzaniya zisaga 1200 zirajya muri Kongo

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 15:26'
Ibitekerezo ( )

Biteganyijwe kuri uyu wa kane tariki 09/05/2013 ingabo za Tanzaniya 1258 zekerekeza mu burasizuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo aho zigiye mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye.

Umusirikare wa MONUSCO yarasiwe i Walungu hafi y’umujyi wa Bukavu

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 09:48'
Ibitekerezo ( )

Umwe mu basirikare b’umuryango w’abibumbye bari mu butumwa bw’amahoro muri Kongo (MONUSCO) yaguye muri ambushi y’imitwe ya gisirike ikorera mu gace ka Walungu kari hafi y’umujyi wa Bukavu, kuri uyu wa kabiri tariki 07/05/2013.

Somaliya: Abanyamakuru 18 barishwe umwaka ushize

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 09:56'
Ibitekerezo ( )

Raporo yashyizwe ahagara tariki 03/05/2013 n’umuryango w’ihuriro ry’abanyamukuru bo mu gihugu cya Somalia yerekanye ko mu umwaka ushize wa 2012, abanyamakuru 18 bo muri icyo gihugu bishwe abandi benshi bagakomeretswa.

Jean Marie Runiga yahakanye ko nta ngabo za M23 zo ku ruhande rwe zasubiye muri Congo

Yanditswe ku itariki ya: 2-05-2013 - Saa: 10:29'
Ibitekerezo ( 4 )

Umukuru w’abarwanyi ba M23 baherutse guhungira mu Rwanda, Jean Marie Runiga, aratangaza ko yatunguwe no kumva abavuze ko we n’abasirikare be basubiye rwihishwa muri Congo kurwana.

MUNUSCO yahawe umuyobozi mushya

Yanditswe ku itariki ya: 25-04-2013 - Saa: 15:38'
Ibitekerezo ( )

Gen Carlos Alberto dos Santos Cruz wo mu gihugu cya Brazil yagizwe umuyobozi w’ingabo ibihumbi 20 z’umuryango w’abibumbye ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO).

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile