Muzika Andi makuru »

Abahanzi muri Guma Guma bararushaho kwiyegereza amakipe y’umupira w’amaguru

Yanditswe ku itariki ya: 21-05-2013 - Saa: 13:13'
Ibitekerezo ( )

Byari bimaze kumenyerwa ko muri aya marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star 3, Eric Senderi, Kamichi na Knowless aribo biyegereje abafana b’amakipe y’amaguru ariko noneho biravugwa ko n’abandi bahanzi batangiye kubigana.

Musanze: Umuhanzi Frere Manu aje kuvuga ubutumwa mu murya wa gitari

Yanditswe ku itariki ya: 21-05-2013 - Saa: 13:13'
Ibitekerezo ( )

Umuhanzi Frere Manu, mu gikorwa arimo cy’ivugabutumwa agiye kwerekeza mu karere ka Musanze, aho azaririmbira abantu anabacurangira gitari, nyuma yo kumva ubutumwa bwa bamwe mu bavugabutumwa bo mu ntara y’Amajyaruguru.

Icyo umuririmbyikazi Teta avuga kuri ruswa yakwa abaririmbyi bo mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 21-05-2013 - Saa: 10:51'
Ibitekerezo ( 1 )

Bamwe mu baririmbyi bo mu Rwanda cyane cyane abakizamuka, bavuga ko kumenyekana kwabo cyangwa kumenyekanisha indirimbo zabo bigorana ngo kuko hari igihe bakwa ruswa kugira ngo ibyo bifuza bishyirwe mu bikorwa.

Sinema Andi makuru »

Igice cya kabiri cya filime JABO kiragera ku isoko guhera kuwa Mbere

Yanditswe ku itariki ya: 27-04-2013 - Saa: 10:20'
Ibitekerezo ( 2 )

Igice cya kabiri cya filime nyarwanda y’uruhererekane JABO yakunzwe na benshi kubera inkuru ivugwamo yabayeho, kiragera ku isoko ku wa Mbere tariki 29/04/2013, nk’uko bitangazwa na KAZE FILMZ, kampani uatunganyije iyi filime.

Filimi “NIKO ZUBAKWA” ishingiye ku mibereho y’Abanyarwanda kuri iki gihe

Yanditswe ku itariki ya: 21-04-2013 - Saa: 21:43'
Ibitekerezo ( )

Umwanditsi wa Filimi yamenyekanye cyane mu Rwanda yitwa “NIKO ZUBAKWA” witwa Yvette DOruwase, atangaza ko yanditse iyi filimi agendeye ku mibereho itandukanye y’abashakanye yitwa igaragara mu muryango Nyarwanda kuri iki gihe.

Abakina cinema nyarwanda barahamya ko uyu mwuga uteza imbere uwukora

Yanditswe ku itariki ya: 2-04-2013 - Saa: 10:34'
Ibitekerezo ( )

Abakina cinema nyarwanda barakangurira abantu cyane cyane urubyiruko ruvuga ko rudafite akazi kwinjira muri uyu mwuga, kuko ubasha gutunga uwukora kandi ukamugeza ku iterambere rirambye.

Hanze Andi makuru »

France: Umukinnyi wa filimi yareze abatangaje ibihuha ko acuditse na François Hollande

Yanditswe ku itariki ya: 29-03-2013 - Saa: 10:00'
Ibitekerezo ( )

Umugore ukina filimi wo mu gihugu cy’Ubufaransa, witwa Julie Gayet, yatanze ikirego mu rukiro rw’i Paris muri icyo gihugu, asaba ko bakurikirana abantu bashyize kuri interineti inkuru y’ibihuha ivuga ko yaba afitanye ubucuti na Perezida w’Ubufaransa, François Hollande.

Bobby Brown yafunzwe amasaha icyenda azira gutwara imodoka nta ruhushya kandi yasinze

Yanditswe ku itariki ya: 22-03-2013 - Saa: 10:51'
Ibitekerezo ( )

Umuririmbyi w’Umunyamerika Bobby Brown (wahoze ari umugabo wa nyakwigendera Whitney Houston) yafunzwe amasaha icyenda kubera ubusinzi no gutwara imodoka nta ruhushya abifitiye.

Justin Timberlake na Jay-Z bazakorana ibitaramo mu mijyi 12 hagati ya Nyakanga na Kanama

Yanditswe ku itariki ya: 25-02-2013 - Saa: 13:52'
Ibitekerezo ( )

Jay-Z na Timberlake bazakorana ibitaramo bise The Summer Stadium Tour bizaba hagati ya tariki 17/07-16/08/2013 mu mijyi ya Toronto, New York, Chicago, San Francisco, Los Angeles, Vancouver, Detroit, Baltimore, Boston, Philadelphia, Miami na Hershey.

Ibirori Andi makuru »

Nyamagabe: Senderi akomeje kwiyegereza aba Rayons ngo bamutore muri PGGSS 3

Yanditswe ku itariki ya: 20-05-2013 - Saa: 16:10'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubwo umuhanzi Eric Senderi “international hit” yari mu karere ka Nyamagabe mu gitaramo cya Primus Guma Guma Super Star 3 tariki 18/05/2013, yongeye kugaragaza kwiyegereza abafana b’ikipe ya Rayon Sports ngo bamutore.

Benshi mu banyamakuru n’abahanzi bishimiye insinzi ya Rayon Sports

Yanditswe ku itariki ya: 16-05-2013 - Saa: 14:02'
Ibitekerezo ( 4 )

Benshi mu bahanzi n’abanyamakuru bishimiye insinzi y’ikipe ya Rayon Sport tariki 15/05/2013 ubwo yegukanaga igikombe cya shampiyona nyuma y’imyaka 9 yose itacyegukana.

PGGSS III tangiriye i Rusizi

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 14:06'
Ibitekerezo ( 1 )

Primus Guma Guma Super Star icyiciro cya gatatu (PGGSS III) yatangiriye mu karere ka Rusizi tariki 11/05/2013 ubwo abahanzi 11 bataramiraga imbaga y’abantu bari bateraniye kuri stade y’ako karere.

Urwenya Andi makuru »

Ntibiremezwa ko Kanyombya azajya i Burayi

Yanditswe ku itariki ya: 19-11-2012 - Saa: 16:57'
Ibitekerezo ( 10 )

Hamaze iminsi havugwa ko Kayitankole Ndjoli uzwi ku izina rya Kanyombya azerekeza mu Bubiligi kwerekana ibihangano bye birimo filime na byendagusetsa ariko we avuga ko bitaremezwa.

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile