Agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda kazamutseho 0,37

Yanditswe ku itariki ya: 16-12-2011 - Saa: 16:37'
Ibitekerezo ( 1 )

Ibipimo by’agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda bigaragaza ko mu kwezi k’Ugushyingo guta agaciro kw’ifaranga ry’u Rwanda kwamanutse kukava kuri 7,76 kukagera kuri 7,39 ariko ibiciro by’ibiribwa byo byiyongereyeho 0,34.

Imibare yashyizwe ahagaragara n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, tariki 15/12/2011, ivuga ko ibiryo n’ibinyobwa bidasindisha byari ku gipimo cya 35,38 mu bice by’umujyi, yazamutseho 9.15 mu kwezi kwa 11 umwaka washize, mu kwezi kwa 10 uyu mwaka bikaba byariyongereyeho 0,99.

Rwanda nirwo ruhagaze neza ku kibazo cyo guta agaciro k’ifaranga n’izamuka ry’ibiciro ugereranyije n’ibindi bihugu bigize aka karere nka Kenya, Uganda na Tanzania aho imibare ho yikubye kabiri.

Emmanuel N. Hitimana

Andi makuru - Ivunjisha

Ibitekerezo

ko mbona hari ivunjisha ryumwaka washize mwagiye mushyiraho irya burikwezi nuko 1$ UKO RIVUNJA KU MANYARWANDA KOBYABABYIZA

kakasay yanditse ku itariki ya: 30-09-2012
Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze, Turabashimiye.

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
KT Radio
KT Radio
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile