Twirinde imvugo igezweho mu urubyiruko ivuga ngo AHANTU HAHIYE mu gihe tugiye kuvuga ko hari ikirori gikomeye.
NITWA KEVIN NKABA NKUNDA IBITENTE CYANE
njye mfite abahungu murugo iwanjye ariko kugirango nzajye kumva ibyo bavuga mba nabize icyuya.none uyu nawe ahantu hari gushya undi nawe ngo ndaje!!ibaze!!!abakobwa bazabarimbura.
Please leave this field empty: