Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Yanditswe ku itariki ya: 2-08-2012 - Saa: 11:38'
Ibitekerezo ( 15 )

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Andi makuru - Ntibisanzwe
Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...

Ibitekerezo

uwiteka natabare abe isirashaje.

natacha yanditse ku itariki ya: 9-05-2013

MUREKE DUSENGE NAHUBUNDI IBYO YESU YAVUZE BIRASOHOYE

BIZIMANA ANDRE yanditse ku itariki ya: 17-04-2013

Njye ndumiwe

yanditse ku itariki ya: 22-02-2013

aha ibinibihe byanyuma kweri ntanokwiherera cyokOra ibi nibimenyrtso byihihe

htoo yanditse ku itariki ya: 18-08-2012

Erega n’inyamanswa hari izigira isoni ninde wari wabona ipusi na ngenzi yayo bikora ibyo bintu by’urukoza soni kumanywa
ahaaaaaa!
Isi irashaje

Akumiro yanditse ku itariki ya: 13-08-2012

Nkabo ntibakagere iwacu.

yanditse ku itariki ya: 13-08-2012

yaramaze ubihakana azazane copine we tuge muri simba mwereke

MADJANI yanditse ku itariki ya: 8-08-2012

Sha isi irashaje pe mu isoko batandukaniyehe namatungo?abasenga musenger’isi

SAMUEL yanditse ku itariki ya: 7-08-2012

ahhaaaa!!!!!Iyaba YESU yaraje agatwara ikiciro cya mbere cyabakijijwe ahari icya kabiri yasanga nabariya barakiriye agakiza kuko birashoboka.

NGABO Jean Sauveur yanditse ku itariki ya: 6-08-2012

ibi nibyo bihe byanyuma byavuzwe muri bible

samuel yanditse ku itariki ya: 5-08-2012

Icyo mbasabye nuko imico yababanyamahanga ntizagere iwacu twite kumuco wacu kandi twokwibagirwa gutinya icyaha kuko shitani niho ageza abamukurikira abahindura nkinyamaswa.bagakora ibitakorwa nabantu kuko baba batayubumuntu muribo.abasengamwese mbasabye inkunga yamasengesho dusengere igihugu cyacu umwanzi ntakigeza aho.

J Kenneth yanditse ku itariki ya: 3-08-2012

NDUMIWE PE!!!!

yanditse ku itariki ya: 3-08-2012
Pages 1 | 2
Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.


Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
KT Radio
KT Radio
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile