Hari abibaza impamvu ikipe yacu yitwa Amavubi

Ibitekerezo   ( 9 )

ni gato ariko kariza so? ni ukuvuga ngo ni ubwo uRWANDA ari ruto cyane si ruto mubitekerezo mu iterambere, umutekano... mugihe hari iihugu bigali ariko bya ntakigenda bifite umutuno kamere ariko ntibibashe kuwubyaza umusaruro. niyo mpamvu akavubi nubwo ari gato ariko gakaze mukudwinga kandi kicecekeye!

jojo yanditse ku itariki ya: 26-01-2016  →  Musubize

igitekerezo cyo guhindura izina mugisubize inyuma ahubwo mutubyire aho izina amavubi ryavuye .

turatsinze yanditse ku itariki ya: 19-01-2016  →  Musubize

Okeze hasi unyibutsa ibuye nange mpora nibaza impamvu yizina amavubi bikancanga. ubuse ivubi niyo ryaba rikaze gute ryakwigondera intare, inzovu, ingwe nibindi bikipe ntavuze? kukise batarihindura bakayita intore,indahangarwa,imena, nandi mazina meshi ashingiye kubutwari kuko turayafite menshi. ibyo byajya bitera abanyarwanda nabakinnyi ishema nishyaka ryo gukora cyane kugirango bagaragaze ko izina atariryubusa.so ntakwanga akwita nabi. Izina niryo muntu. Musesengure iyi migani muzambwira niba mwemera imigani nyarwanda kuko jye ndayemera cyane.

Jean Paul Maniriho yanditse ku itariki ya: 16-01-2016  →  Musubize

Iryo zina rwose ntakigenda. Ese ivubi nicyo kintu gikaze kiba mucRwanda?
Birakwiye gushaka izina rifatika.

fely yanditse ku itariki ya: 15-01-2016  →  Musubize

wOW i LIKE YOUR CARTOON WA MUGANI WANYU iNGAGI NIYO IZWI DA

HANYUMA niba rero abitwa amavubi bashaka ko nabo bamenyekana bizabatwara imyaka myinshi cyane yuko dans notre pay Ingagi tuzi aho zitugejeje

nanone rero Equipe yacyu nishake izina rifite icyo risobanuye
ivubi rirakurya ukababara nyuma ndumva ukira yego ushobora no gupfa bivuzengo rero mukibuga bashobora gukina nyamara kugira icyo bakora bikaba ikibazo

...........................................................

aLIAS yanditse ku itariki ya: 15-01-2016  →  Musubize

Izina nta cyo ritwaye kuko siryo rikina.

Fred yanditse ku itariki ya: 15-01-2016  →  Musubize

nonese murashakuyitirihe? arikonanone ntiyakiswekuriya kuko ivubirirakurya ukababara byabangombw’ukarira.arikosayamavubiyo aharekadutegereze wendanayazaryana.

kagabo peter yanditse ku itariki ya: 15-01-2016  →  Musubize

Ubu dushakako izina rya equipe yacu rihinduka kuko turi muri bishyashya,jyewe ntoye VOLCANS FC

TURABASHIMIYE yanditse ku itariki ya: 14-01-2016  →  Musubize

None se murashaka ko yitwa ingagi ko ari yo mwashushanyijeho

kandi yanditse ku itariki ya: 14-01-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.