Muri Rwanda Day bahereye ku imurikabikorwa

Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bitabiriye Rwanda Day yo kuri uyu 3 Ukwakira 2015 mu Buholandi baramukiye mu imurikabikorwa ry’ibikorwa bitandukanye bigaragaza isura y’u Rwanda.

Dore uko bimeze mu mafoto

Aba bafataga amafunguro ya mu gitondo banisuganya ngo batangire imurikabikorwa.
Aba bafataga amafunguro ya mu gitondo banisuganya ngo batangire imurikabikorwa.
Wabaye n'umwanya wo kumenyana no gusabana.
Wabaye n’umwanya wo kumenyana no gusabana.
Abanyabugeni bamurika ibyo bakora.
Abanyabugeni bamurika ibyo bakora.
Harimo n'abanyamahanga baje kumurikira Abanyarwanda ibikorwa byabo biteguye kuba bashoramo imari mu Rwanda.
Harimo n’abanyamahanga baje kumurikira Abanyarwanda ibikorwa byabo biteguye kuba bashoramo imari mu Rwanda.
Zimwe mu nganda zikomeye mu Rwanda na zo ziriyo.
Zimwe mu nganda zikomeye mu Rwanda na zo ziriyo.
Mu byo bamurika harimo n'ibigaragaza uko u Rwanda rwahoze n'uko rumeze ubu.
Mu byo bamurika harimo n’ibigaragaza uko u Rwanda rwahoze n’uko rumeze ubu.
Ibigo bikomeye mu Rwanda harimo n'iby'itangazamakuru nabyo biriyo
Ibigo bikomeye mu Rwanda harimo n’iby’itangazamakuru nabyo biriyo

K2D

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Amamara perezidawacu Abobanyarwanda bacu bari imahanga nabo ubahe Impanuronkizo utugezaho!Akazikeza.

UMUHOZA Gilbert yanditse ku itariki ya: 3-10-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka