Ghana yakoze imyitozo i Kigali imbere y’abafana benshi

Imbere y’abafana benshi kuri Stade Amahoro ,ikipe ya Ghana yakoze imyitozo yitegura umukino uyihuza n’Amavubi kuri uyu wa gatandatu

Kuri uyu wa gatandatu mu Rwanda kuri Stade Amahoro hategerejwe umukino ugomba guhuza ikipe ya Ghana "Black Stars" n’Amavubi y’u Rwanda. Uyu mukino ni uwo mu rwego rwo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika kizabera muri Gabon 2017.

U Rwanda na Ghana biri mu itsinda H,aho ikipe ya Ghana ariyo iyoboye iri tsinda nyuma y;aho yanyagiriye Ibirwa bya Maurice ibitego 7-1,mu gihe u Rwanda rwatsindaga Mozambique igitego 1-0.

Amafoto y’imyitozo ya Ghana

Black Stars mu marembo ya Stade Amahoro
Black Stars mu marembo ya Stade Amahoro
Ghana yinjira muri Stade
Ghana yinjira muri Stade
Ghana yahageze,ibikona birahunga
Ghana yahageze,ibikona birahunga
Black Stars mu myitozo,abafana benshi inyuma yayo
Black Stars mu myitozo,abafana benshi inyuma yayo
Jordan Ayew yitoza gutsindisha umutwe
Jordan Ayew yitoza gutsindisha umutwe
Baba Rahman uheruka kugurwa na Chelsea
Baba Rahman uheruka kugurwa na Chelsea
Joradn Ayew mbere y'imyitozo
Joradn Ayew mbere y’imyitozo
Andre Ayew na Asamoah Gyan
Andre Ayew na Asamoah Gyan
Andre Ayew arekura ishoti,uyu ahangayikishije benshi mu bafana Amavubi
Andre Ayew arekura ishoti,uyu ahangayikishije benshi mu bafana Amavubi

Uyu mukino uratangira i Saa cyenda n’igice kuri Stade Amahoro i Kigali,ukaza gusifurwa n’abasifuzi bakomoka muri Somalia.Ushaka kureba inshamake y’imyitozo y’amakipe yombi wakanda hano

Sammy IMANISHIMWE

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka