Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi

Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.

Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”

Uyu ni we Dan Perino ushakisha umukunzi abinyujije mu gukwirakwiza amafoto ye mu Mujyi wa New York.
Uyu ni we Dan Perino ushakisha umukunzi abinyujije mu gukwirakwiza amafoto ye mu Mujyi wa New York.

Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.

Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.

Niyonzima Oswald

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 38 )

Nitwa Edison nd’umusore nifuza umukobwa cg umugore twajya murukundo tukubakana ufite imyaka kuva kuri 30 kugera kuri 45 nubwo yarenga ntakibazo pe uwumva twahuzA yanyandikira 0785107109 iri no kuri Whatsapp murakoze ndi seriously

Eddy yanditse ku itariki ya: 27-12-2023  →  Musubize

Ndashaka umukunzi ngiyi nomero 0790613189

Ramadan yanditse ku itariki ya: 7-11-2023  →  Musubize

Mwiriwe , ndashaka umukunzi uko Yaba angana kose imyaka sikibazo niyo Yaba yrabyaye ntaribi pfa kuba afite urukundo, ndumuhungu muremure wimibiri yombi ibiro 74

Uwumva byakunda anyandikire cq ampamagare kuri 0783361344

James yanditse ku itariki ya: 8-08-2023  →  Musubize

Ndashaka umusore ufite urukundo nyarwo unkunda nkasara 0790904005

Groria yanditse ku itariki ya: 26-07-2023  →  Musubize

Ndahari mukobwa mwiza. 0788890892

Yayiro yanditse ku itariki ya: 12-12-2023  →  Musubize

Ndahari mukobwa mwiza. 0788890892

Yayiro yanditse ku itariki ya: 12-12-2023  →  Musubize

Hello nitwa grorira ndifuza umusore unkunda mfite umwana umwe kd nyeneye urukundo pe uwumva afite urukundo muriwe kd rwishi yamvugisha 0790904005 nyeneye umuntu umpa Care kbs

Groria yanditse ku itariki ya: 26-07-2023  →  Musubize

Ndahari niba uri seriye utarimo gukina call me 0783361344 or WhatsApp

James yanditse ku itariki ya: 8-08-2023  →  Musubize

Nitwa Solange merereye mugihugu cya Uganda ndumukobwa ndashaka umukunzi 28-45 wubahimana kuko najye nubahimana abayahari yanyandicyira kuri Whatsapp number +256078641947 murakoze 🙏🙏

Nitwa yadufashije yanditse ku itariki ya: 24-07-2023  →  Musubize

I’m James, call me 0783361344

James yanditse ku itariki ya: 8-08-2023  →  Musubize

Mwiriwe nitwa xxxx ntuye kigali ndashaka umuntu wigitsina gore yaba imibiri yombi cg inzobe ntakibazo ufite ibyakora wize ushaka kubaka kuva kumyaka 20 kugeza kuri 50 aho yaba atuye hose byumwihariko abaye asenga yaba afite abana cg atabafite plz nshaka ufite gahunda abe ateye neza abe atuje kandi yariteje imbere nyandikira tuganire kuri email:[email protected]

XXXX yanditse ku itariki ya: 13-04-2023  →  Musubize

Mwiriwe nitwa xxxx ntuye kigali ndashaka umuntu wigitsina gore yaba imibiri yombi cg inzobe ntakibazo ufite ibyakora wize ushaka kubaka kuva kumyaka 20 kugeza kuri 50 aho yaba atuye hose byumwihariko abaye asenga yaba afite abana cg atabafite plz nshaka ufite gahunda abe ateye neza abe atuje kandi yariteje imbere nyandikira tuganire kuri email:[email protected]

XXXX yanditse ku itariki ya: 13-04-2023  →  Musubize

Mwaramutse amahoro!
Ndi mu kigero cy’imyaka 41,mfite igitekerezo cyo kuba mu Rukundo rurambye Kandi rufite intego yo kubaka.
Ndashaka inshuti y’Umugore cg fille-mère uri mu kigero cy’imyaka hagati ya 35 na 47,
Ufite gahunda yo kubaka umubano urambye Kandi Afite gahunda(mbese uri serious)

Uwakumva twahuza igitekerezo yanyandikira aha: [email protected]
Ibindi twabiganira
Murakoze

Gajules yanditse ku itariki ya: 5-04-2023  →  Musubize

Ndumusore wimyaka 35
Ndatuye murikigali
Ndashaka umukobwa twakundana
Cg umugore kuvakumyaka
35
Gusubizahejuru.ikitonderwa
Agombakuba Ari mubihugu byohanze
Ya frican
Abayari kumugabane wiburayi
Cg
American

Cg
Elope
Byabarakarusho
Uritayari
Ampamagare cg
Anyandikire whatsp +250788413998
[email protected]

Emmy yanditse ku itariki ya: 2-03-2023  →  Musubize

Muraho, nitwa Didace ndifuza umukunzi (umukobwa) urihagati 25ans na 35ans nibiro biri hagati ya (60kg kugeza75) utarabyaye kandi ufite gahunda yo kubaka abaye afite akazi byaba byiza kurushaho niba ufite gahunda wanyandikira kuri email:([email protected]) murakoze

HABINSHUTI yanditse ku itariki ya: 26-01-2023  →  Musubize

Ndashaka Umukunzi urengeje imyaka
46years kandi yaba afite umwana nakarusho akaba ari fille mere
Utarigeze ashaka.
Nanjye mfite 47 years
Number wambonaho uramutse ufite gahunda niyi
Ntuye Kenya kuri watsap
+254748509005

Alexandre yanditse ku itariki ya: 19-12-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka