Abahungu ngo bafite ibindi bimenyetso bigaragaza ko umukobwa akiri isugi

Ngo hari ibintu by’ingenzi abasore bakunze kugendaraho bakaba bakwemeza ko umukobwa akiri isugi niyo baba batarakorana imibonano mpuzabitsina, ariko ibyo bimenyetso hari igihe bibeshya ba nyiri ukubigenderaho.

Urubuga www.whatdomenreallythink.com ruvuga ko ikintu cya mbere abahungu bakunze kugenderaho ngo babe bamenya ko umukobwa akiri isugi, ngo ni ukureba imyifatire ye iyo ari mu ruhame cyangwa atari mu ruhame.

Ikimenyetso cya mbere ngo ni uburyo umukobwa asomana. Ngo iyo umuhungu asomye umukobwa agasanga azi gusomana, icyo gihe ahita yemeza ko uwo mukobwa atari ubwa mbere abikoze kuko ngo kumenya gusomana bisaba kuba umuntu yarabikoze mbere akabimenyera.

Abahungu rero ngo iyo basanze umukobwa azi gusomana bahita babyuririraho bakaba bakwemeza ko atakiri isugi.

Nanone kandi ngo iyo umukobwa atagira isoni igihe umuhungu arimo kumukorakora (caresser), nabyo ngo bituma umuhungu abona ko yamaze gutakaza ubusugi bwe.

Ibi rero ngo bigaragaza ko umukobwa yiyizeye ku birebana no gukora imibonano kandi ko ari ibintu amenyereye bityo umuhungu nawe agahita yumva ko atakiri isugi.

Ikindi ngo ni imyambarire y’abakobwa. Abahungu bakunze gucira urubanza abakobwa bagendeye ku myambarire yabo.

Urubuga rwa rukomeza rugira ruti: Iyo umuhungu abonye umukobwa yambaye akenda ko hejuru kagaragaza uko ateye mu gituza, cyangwa se yambaye ipantalo y’ikoboyi (jeans) imufashe cyane ikamugaragaza uko ateye, cyangwa se ikabutura ngufi igaragaza amatako yose uko yakabaye, umuhungu ahita yumva ko uwo mukobwa ari umuntu woroshya ubuzima mu birebana no gukora imibonano mpuzabitsina.

Marcellin Gasana

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 15 )

NONE KWIKINISHA NAVYO BIRATUMA ATAKAZA UBUSUGI?

Eric NDAYIKEZA yanditse ku itariki ya: 19-01-2024  →  Musubize

minim baba ride musubize ese umukobwa bakoraho finga we ubwo aba arisugi?

jems yanditse ku itariki ya: 17-11-2021  →  Musubize

wapi wapi peuh! ntaho bihuriye ,n,indaya iyuyikozeho ihita yigirisha amasoni ubwo tuvige ko arisugi??ubusugi bw’umukobwa bwaragowe.abahungu barasambana kuruta amasazi mwarangiza ngo mukeneye amasigi?!mpise nseka

muteteri yanditse ku itariki ya: 5-08-2020  →  Musubize

iyo umuhungu atarahunza imibonano Muzak bitsina numukobwa bigarangara gute whattsap+256705368800

shimirimana Lieven yanditse ku itariki ya: 8-06-2018  →  Musubize

Ivyobintu Bisa Nkuko Arivyo.Umukobwa Ya Kubwirako Atarakora Imibonano Ariko Mamushiramo Urutok Rukinjira Neza Ivyo Wavyemera.Barabesha

Isaie yanditse ku itariki ya: 15-09-2017  →  Musubize

rek rek so Bose biterw nimico yab p

kalisa jeannette yanditse ku itariki ya: 20-03-2017  →  Musubize

gusoman ni byo mugih mubikoz nez

eric sinzinkayo yanditse ku itariki ya: 3-05-2016  →  Musubize

ndagushyigikiye kuko abantu bose ntiwabona ikintu kimwe bahuriyeho ahubwo c’est la majorite qui compte akenshi rwose usanga nta soni bagira zo kwambara utwo twenda tugaragaza uko bateye igituma bakora ibyo ntacyababuza no gusambana kuko ziba zaravuyeho.

alias yanditse ku itariki ya: 13-03-2014  →  Musubize

gusomana ntibisobanuye gusambana ariko nanone nicyo bisobanuye ndetse no kwambara utwenda duto byose biterwa n’impamvu yatumye ubikora.

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 7-03-2014  →  Musubize

Ntabwo nemeranya nabo kuko gusomana kimwe no gukora sex biri naturel mubantu ubwo rero kuvuga ko uzigusomana wese aba yarasambanye sibyo nagato, ikindi iyo ukorakumukobwa ahubwo iyo yabikoze nibwo ahita agira ikibazo ariko iyo atigeze abikora ntibigaragazwa nisoni muribeshya.

wapi sha yanditse ku itariki ya: 21-02-2014  →  Musubize

ahaa abakobwa bararengana kuko ashobora no gutwara igare rikamukura kubusugi !! ubwo se wamushinja ubusambanyi ?

hakizamungu martin yanditse ku itariki ya: 19-02-2014  →  Musubize

ariko nkubu muba mwabuze ibo mwandika kweri nkibi ninde muhungu wabikubwiye kabisa mugerageze mushake amakuru mazima apana ibibajemo byose mu mutwe mugapfa kurundaho kabisa wowe wanditse ino nkuru ndakugaye.

jean yanditse ku itariki ya: 19-02-2014  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka