Ku cyumweru taliki ya 10/01/2016,kuri Stade Umuganda habereye umukino wahuje Amavubi na RD Congo,umukino witabiriwe cyane
Nyuma yo kunganya na Cameroun igitego kimwe kuri kimwe,Amavubi yaje gutsinda Congo igitego 1-0 mu mukino wabereye i Rubavu
Mu mukino wa mbere wa gicuti wahuje Amavubi na Cameroun,amakipe yombi anganije 1-1 mu mukino wabereye i Rubavu
Amavubi y’u Rwanda arakina umukino wa gicuti na Cameroun,Didier Gomes Da Rosa watoje mu Rwanda no muri Ca,eroun yatangaje ko aya makipe ashobora kunganya
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru nibwo ikipe y’igihugu ya Cameroun yageze mu Rwanda aho ije gukina umukino wa gicuti n’Amavubi kuri uyu wa gatatu
Mu gihe habura ibyumweru bitagera kuri bitau ngo CHAN izabera mu Rwanda itangire,ibiciro byo kwinjira mu ma Stade yose byatangajwe
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda Milutin Micho yamaze guhamagara abakinnyi bagomba gutangira umwiherero wa CHAN
Amakipe atatu ari kumwe n’u Rwanda mu itsinda rya mbere akomeje kwitegura mu gihe yatangiye gukina imikino ya gicuti ndetse abakinnyi bamaze guhamagarwa
Kuri uyu wa mbere taliki ya 28/12/2015,Rugimbana Theogene na Fuadi Uwihanganye bazasabana n’abafana ba Shampiona zo hanze bogeza imipira imbonankubone
Umwaka wa 2015, umwaka waranzwe n’intsinzi mu mukino w’amagare,umupira w’amaguru biranga,gusa waje kurangwa n’inkuru z’akababaro ku ba sportifs bagiye bitaba Imana
Uko amakipe azahura mu gikombe cya CHAN kizabera mu Rwanda muri Mutarama 2016 ndetse n’amasaha byamaze gutangazwa
Sepp Blatter wahoze ayobora FIFA na Michel Platini uyobora UEFA bahagaritswe na FIFA imyaka 8 mu bikorwa birebana n’umupira w’amaguru ku isi
Nyuma yo kuba uwa gatandatu mu marushanwa ari kubera Maroc,Hadi Janvier yagwije amanota azafasha u Rwanda kwerekeza mu mikino Olempike izabera Brazil
Muri 1/8 cya UEFA Champions league,Arsenal yo mu Bwongereza yongeye gutombora FC Barcelona,naho Chelsea yongera guhura na Paris St Germain iheruka kuyisezerera
Muri tombola y’uko amakipe yabaye aya mbere mu bihugu byayo agomba guhura,APR FC yatomboye Mbabane Swallows naho Police itombora Atlabara
Minispoc na Mineduc binyuze muri WDA basinye amasezerano y’ubufatanye yo gushyiraho ibigo byigisha imikino mu Rwanda kuva intangiriro za 2016
Nyuma yo kwitwara neza akegukana Tour du Rwanda 2015,Nsengimana Jean Bosco na Hadi Janvier bamaze gusinya umwaka muri Bike Aid yo mu Budage
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Johnattan McKinstry yahakanye amakuru yavugaga ko ari we wasabye ko shampiyona ihagarikwa.
Abakinnyi 32 bagomba gutangira umwiherero kuri uyu wa gatatu wo kwitegura CHAN bamaze gutangazwa harimo 9 batakinnye CECAFA
Kuri uyu wa Gatanu i Nyamata harabera isiganwa ry’amamodoka rizwi nka Rally des milles collines,isiganwa rizakoresha Milioni zigera kuri Milioni 50
Ikipe y’inteko ishinga amategeko yatsinze EALA yerekeza ku mukino wa nyuma mu mikino ihuza inteko zishinga amategeko muri Afrika y’ibirasirazuba
Uwizeye Jean Claude ukinira Les Amis Sportigs y’i Rwamagana niwe wegukanye isiganwa ryavaga Kigali ryerekeza i Nyanza kuri uyu wa gatandatu
Amavubi yongeye gutsindirwa na Uganda Cranes ku mukino wa nyuma w’igikombe cya CECAFA iyitsinze igitego kimwe cyatsinzwe Ceasar Okhuti
Nyuma yo kunganya igitego 1-1 na Sudan,Amavubi yasezereye Sudan kuri Penaliti,aho azakina umukino wa nyuma na Uganda
Nyuma y’ubwitabire budasanzwe bwaranze Tour du Rwanda 2015,Kigali today yegeranije amwe mu mafoto agaragaza ubwitabire kuva ku munsi wa mbere kugeza ku wa nyuma
Abakinnyi 20 bazatorwamo umukinnyi witwaye neza mu mukino w’amagare mu mwaka wa 2015 bamaze gutangazwa,barimo Abanyarwanda 3
Amavubi abifashijwemo na Bakame wafashe Penaliti imwe,ndetse n’abakinnyi batsinze Penaliti zose,basezereye Kenya berekeza 1/2
Rayon Sports ibifashijwemo na Manishimwe Djabel yamaze kwerekeza muri ½ cy’irushanwa Rayon Sports Christmas Cup,izamukana na Kiyovu,AS Kigali na Mukura
Ikipe ya Rayon Sports yerekeje muri 1/2 nyuma yo gutsinda ikipe ya Mukura ibitego 2-1, mu gihe ikipe ya APR Fc isezerewe na Police kuri Penaliti 4-3,nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu mikino y’Agaciro Development Fund.
Nizeyimana Olivier wari umaze imyaka ine ayobora ikipe ya Mukura yongeye gutorerwa kuyobora iyo kipe mu gihe cy’imyaka ine,mu gihe uwo yari yarasimbuye ari we Abraham Nayandi atorerwa kuba Visi-Perezida w’iyi kipe ibarizwa mu karere ka Huye