Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Rulindo: Ababyeyi barashima gahunda yo kwigisha abana b’incuke binyuze mu mikino
Gakenke: Guverineri Mugabowagahunde anenga abagitsimbaraye ku kudatanga amakuru y’ahajugunywe imibiri y’Abazize Jenoside
Minisitiri Ngabitsinze yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ishami rya Loni ryita ku nganda
Israel: Benny Gantz wari muri Guverinoma yeguye ku nshingano ze