Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Visi Perezida wa Malawi n’abo bari kumwe mu ndege basanzwe bapfuye
Umunya-Sudani y’Epfo Akon Rose wahoze muri APR WBBC yasinyiye Kepler WBBC
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku kibazo cya Gaza
Imishinga itandatu y’urubyiruko niyo yahize iyindi muri iAccelerator