Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Amakipe y’Abarinda umutekano wa Perezida yageze ku mukino wa nyuma mu irushanwa ryo Kwibohora
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Koreya y’Epfo
Kabgayi: Abatutsi ibihumbi bisaga 25 ntawamenya irengero ryabo - Mayor Kayitare
Koreya y’Epfo: Bahembwe amacupa y’amazi yakoreshejwe nk’ibihembo mu irushanwa