Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
BK Group yatanze inyungu ya 24.18Frw kuri buri mugabane, igumishaho abayobozi basanzwe
Byaba byiza urubyiruko tubaye mu ba mbere bazajya gutora kandi dufite n’ibyangombwa - Minisitiri Abdallah
Israel yasabye bimwe mu bihugu gutambamira icyifuzo cy’Umushinjacyaha wo mu rukiko rwa ICC