Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Rubavu: Ubushabitsi bw’ababyeyi ni kimwe mu byongera igwingira ku baturiye imipaka
Musanze: Gukumira Ingengabitekerezo ya Jenoside byagaragajwe nk’uburyo burambye bwo gushyigikira ibyagezweho
Urukiko ruciye umuco wo kudahana mu rubanza rwa Bomboko - Ibuka Belgique
Benin itsinze u Rwanda mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi