Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Ambasaderi wa Cuba mu Rwanda yaganiriye n’abagize Sena ku kwagura umubano w’ibihugu byombi
RALGA yiyemeje gufasha abaturage guhuza ubutaka mu bijyanye n’imiturire
Ahakorwaga umuyoboro w’amazi habonetse imibiri y’abazize Jenoside
Menya byinshi kuri Jean Lambert Gatare, umufana ukomeye wa Rayon Sport