Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Barebeye hamwe uko urubyiruko rwarushaho kubona amakuru na serivisi z’ubuzima bw’imyororokere
U Rwanda ni cyo gihugu gifite abagore bahamijwe Jenoside n’inkiko mpuzamahanga - Minisitiri Bizimana
Kagame Paul, Habineza Frank na Mpayimana Philippe bemejwe nk’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu
Bomboko yahamijwe ibyaha bitatu birimo n’icya Jenoside