Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Ikipe y’igihugu ya Croatia yahawe umugisha na Papa Francis mbere yo gukina #Euro2024
Cyusa yateguye igitaramo yitiriye Perezida Paul Kagame
Ni ngombwa kwita ku bidukikije mbere y’uko byangirika - Minisitiri Mujawamaliya
Burera: Hakomeje kwigwa uko igishanga cya Kamiranzovu cyarushaho kubyarira abaturage umusaruro