Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Barafinda yongeye gutanga ibyangombwa bisaba kuba umukandida ku mwanya wa Perezida
BAL iradukumbuye-Perezida wa Patriots BBC nyuma yo kunguka umufatanyabikorwa.
Musanze: Gahunda ya “Duhurire mu muryango Tujyanemo” bayigereranya n’ishuri ryo kurwanya imirire mibi
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Nairobi