Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
U Rwanda rwageze ku ntego rwihaye mu gihe cy’imyaka 7- Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente
Tennis: Ibihugu 10 birahurira i Kigali mu irushanwa rya Bill Jean King Cup 2024
Ikipe y’igihugu ya Croatia yahawe umugisha na Papa Francis mbere yo gukina #Euro2024
Cyusa yateguye igitaramo yitiriye Perezida Paul Kagame